|
8-1-2010 : Abadepite b’Abaholandi basuye Inteko y’u Rwanda |
 Ku wa Gatanu tariki ya 8 Mutarama 2010, Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yakiriye mu cyumba cy’Inama z’Inteko Rusange cya Sena itsinda ry’Abadepite baturutse mu gihugu cy’Ubuholandi. Iryo tsinda ry’abadepite 10 bari mu ruzinduko mu Rwanda, ryari riyobowe na Bwana Henk Jan Ormel, Perezida wa Komisiyo ihoraho y’Ububanyi n’Amahanga mu Nteko Ishinga Amategeko y’Ubuholandi. |
|
Inkuru irambuye...
|
|
|
8-1-2010 : Intumwa z’Igihugu cy’Ubudage zagiranye ibiganiro n’Inteko y’u Rwanda |
Ku wa gatanu, tariki ya 8 Mutarama 2010, Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yakiriye abashyitsi baturutse mu Gihugu cy’Ubudage, barimo abagize Guverinoma, Inteko Ishinga Amategeko, abashoramari n’abahagarariye itangazamakuru. Iryo tsinda rigizwe n’abantu hafi 50 rikaba riyobowe na Bwana Dirk Niebel, Minisitiri w’Ubutwererane mu by’ubukungu n’Iterambere mu Budage. |
|
Inkuru irambuye...
|
|
|
7-1-2010 : Bernard Kouchner yagiranye ibiganiro na Perezida w’Umutwe w’Abadepite |
 Uturutse ibumoso, Minisitiri Bernard Kouchner, H.E Rose Mukantabana, Hon Polisi Denis, Hon Dr Ntawukuriryayo Jean Damascène Ku wa kane, tariki ya 7/01/2010, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’Ubufaransa, Bernard Kouchner, mu ruzinduko rwe mu Rwanda, yasuye Inteko Ishinga Amategeko, agirana ibiganiro na Nyakubahwa MUKANTABANA Rose, Perezida w’Umutwe w’Abadepite. |
|
Inkuru irambuye...
|
|
|
|
<< kubanza < Ibanziriza 1 2 3 4 5 6 7 8 9 10 Ikurikira > Irangira >>
|
| Igisubizo 57 - 64 kuri 156 |