Perezida w’Umutwe w’Abadepite Mukabalisa yatanze ikiganiro mu Ihuriro Mpuzamahanga cyerekeye Iterambere ry’Amategeko y’Igihugu no Gushyiraho Amategeko mu Nyungu z’Abaturage
Mu Ihuriro Mpuzamahanga Rigamije Iterambere ry’Imitegekere Ishyigikiwe n’Inteko Ishinga Amategeko ryabereye i Moscou mu Burusiya, kuri uyu wa 4 Kamena...
Inteko Ishinga Amategeko yatangiye igihembwe cya kabiri gisanzwe cy’umwaka wa 2018
Nk’uko biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015, mu ngingo yaryo ya 72, inama z’Inteko Rusange za buri...
Itangazamakuru ritegerejweho uruhare rwo gufasha kubaka no gushimangira iterambere rishingiye ku muturage- Perezida wa Sena
Kuri uyu wa 14 Kamena 2018, Sena y’u Rwanda yakiriye inama nyunguranabitekerezo ku ruhare rw’itangazamakuru mu iterambere ry’Igihugu, harebwa ibimaze...
Sena isanga hakwiye impinduka mu mikorere kuri gahunda yo kuboneza urubyaro
Kuri uyu wa 18 Kamena 2018, Inteko Rusange ya Sena yagejweho raporo ya Komisiyo y’Imibereho Myiza y’Abaturage, Uburenganzira bwa Muntu n’Ibibazo...
Sena yashimye uburyo ingengo y’imari ya Leta y’umwaka wa 2018/19 iteguye.
Nk’uko biteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015, mu ngingo yaryo ya 162 ndetse bikagemwa n’Itegeko...
Guverinoma irasabwa gushyiraho uburyo bwo gukurikirana amasezerano yose u Rwanda rwashyizeho umukono
Kuri uyu wa 25 Kamena 2018, Inteko Rusange iyobowe na Perezida wa Sena, Nyakubahwa Bernard Makuza yagejejweho raporo ya Komisiyo y’Ububanyi...
Sena yatoye Itegeko Ngenga rigenga imikorere yayo
Kuri uyu wa 27 Nyakanga 2018, Inteko Rusange ya Sena iyobowe na Perezida wayo Nyakubahwa Makuza Bernard yatoye Itegeko Ngenga rigenga imikorere ya...
Ihuriro AGPF-Rwanda riramagana abagereranya gusura inzibutso za Jenoside no gukora ubukerarugendo.
Kuri uyu wa 29 Kamena 2018, abagize Inteko Ishinga Amategeko bahuriye mu ihuriro ry’abagize Inteko Ishinga Amategeko rishinzwe kurwanya jenoside (AGPF...
Abasenateri bafatanyijwe umuganda n’abaturage b’Umurenge wa Nyamirambo
Kuri uyu wa 30 Kamena 2018, Itsinda ry’Abasenateri n’Abakozi ba Sena riyobowe na Hon. Senateri Kazarwa Gertrude, bafatanyije n’abaturage bo mu Murenge...
Abadepite barasaba Leta gukaza ibihano ku bayobozi bakigaragaraho imicungire mibi y’umutungo w’igihugu
Inteko ishinga amategeko irasaba Guverinoma gufata ingamba zikomeye mu rwego rwo guhangana n’abayobozi b’ibigo bigikomeje kugaragaza imicungire mibi...