Abadepite bemeje ishingiro ry’umushinga w’itegeko rigena imisoreshereze mu Rwanda
Ku wa 29 Mata 2019, Inteko Rusange y’Umutwe w’Abadepite iyobowe na Nyakubahwa Mukabalisa Donatille yagejejweho isobanurampamvu ry’umushinga w’itegeko...
Umutwe w'Abadepite washimiwe umubare w'abagore bayigize
Kuri uyu wa 06 Gicurasi 2019, Perezidante w’Umutwe w’Abadepite, Nyakubahwa Mukabalisa Donatille, yakiriye mu biro bye itsinda ry’abagore b’Abadepite...
Sena yashimye ibipimo by’izamuka ry’ubukungu mu Rwanda
Kuri uyu wa 13 Gicurasi 2019, Inteko Rusange ya Sena iyobowe na Perezida wa Sena, Nyakubahwa Makuza Bernard yagejejweho raporo ya Komisiyo ku...
Perezida wa Sena yasabye Abanyarwanda kuvana isomo mu mateka ya Jenoside, bakarinda umuryango nyarwanda ikibi
Kuri uyu wa 18 Gicurasi 2019 Perezida wa Sena, Nyakubahwa Bernard Makuza yifatanyije n’abaturage b’Akarere ka Nyaruguru mu muhango wo kwibuka ku...
Twese twemera ko kongera kugarura amacakubiri mu bana b’u Rwanda bidashoboka - Nyakubahwa Mukabalisa
Kuri uyu wa 19 Gicurasi 2019 Perezida w’Umutwe w’Abadepite, Nyakubahwa Mukabalisa Donatille yifatanyije n’abaturage b’Akarere ka Ngoma mu muhango wo...
Abadepite bakanguriye abaturage gukora bakiteza imbere, banenga abadakora bitwaje ko Leta izabafasha
Kuri uyu wa gatandatu tariki ya 24 Gicurasi 2019, Amatsinda abiri y’Abadepite yifatanyije n’abaturage bo mu turere twa Nyamagabe na Ngororero mu...
Ibyiza tumaze kugeraho mu rugendo rw'imyaka 25, urubyiruko rufite umukoro wo kubisigasira rukanahanga ibishya – Nyakubahwa Mukabalisa
Kuri iki cyumweru tariki ya 26 Gicurasi 2019, Perezida w’Umutwe w’Abadepite yifatanyije n’abaturage b’Akarere ka Nyanza kwibuka abagore n’abana bishwe...
Inteko Ishinga Amategeko yatangiye igihembwe gisanzwe
Hakurikijwe ibiteganywa n’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu 2015, mu ngingo yaryo ya 72, ivuga ko inama za buri...
Sena yashimye ko imisoro n’amahoro bitangwa bigira uruhare runini mu ngengo y’imari y’Igihugu
Kuri uyu wa 05 Kamena 2019, Komisiyo y’Iterambere ry’Ubukungu n’Imari yagejeje ku Nteko Rusange raporo ku gikorwa yakoze cyo kungurana ibitekerezo...
Sena yashimye intambwe yatewe mu bushakashatsi bushingiye ku ibarurishamibare
Kuri uyu wa 6 kamena 2019, Inteko Rusange ya Sena iyobowe na Perezida wa Sena, Nyakubahwa Bernard Makuza yateranye mu rwego rwo kungurana ibitekerezo...