Research

Mu rwego rwo kuzuza inshingano yo kumenya no kugenzura amahame remezo avugwa mu ngingo ya 10, n’ibiteganywa n’ingingo ya 56 n’iya 57, z’Itegeko Nshinga rya Repubulika y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe muri 2015, Sena ikora ubushakashatsi ku bibazo bihari bikeneye gukorerwa ubuvugizi kandi ikabitangaho inama.

Bumwe mu bushakashatsi bwakozwe na Sena: